Taliki 24 z’uku Kwezi nibwo Umuryango wa Afurika y'Uburasirazuba (EAC) n’uw’Ibihugu byo muri Afurika y'Amajyepfo, SADC yashyizeho abahuza bashya mu kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Kongo.
Perezida Paul Kagame yavuze ko Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR uhari kandi uri mu bikomeje kuba nyirabayazana w’ibibazo by’umutekano muke mu Karere ndetse by’umwihariko mu Burasirazuba bwa Republika ...